1. Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda ubisikanirwamo gifite:
3. Mubyapa bikurikira , ni ikihe cyerekana umuhanda ukagomeza:
4. Iki cyapa gisobanura iki?
5. Igice kinzira nyabagendwa gikikijwe n’imirongo ibiri y’umweru iciyemo uduce kandi iteganye:
6. N’iyihe myifatire myiza wagira ugeze aho abana bari hafi y’inzira nyabagendwa?
7. Icyapa kimenyesha kugendera mumuhanda ubisikanirwamo gifite:
8. Iki cyapa gisobanura iki?
9. Iyo umuhanda ugabanijemo ibisate bibiri kangi ugendwamo mu byerekezo byombi umuyobozi abujijwe:
10. Icyapa cyerekana ko bibujijwe kuvuza amahoni kirangwa na :
11. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mugie abonye icyapa kiburira cya mpande eshatu gitukura mu muhanda?
12. Umuyobozi w’ikinyabiziga yegereye aho umwana w’umuhungu utwaye akagare k’abana asezera ku nshuti ye. N’iyihe myifatire myiza wagira imbere yabo?
13. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora abonye otobisi irikuba aho zagenewe guhagarwamo?
14. Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri n’ikinyabiziga gikururwa n’inyamaswa ntibishobora gukurura:
15. Muri iri sangano ry’umuhanda hari icyapa gisobanura “guhagarara” n’umurongo wera urombereje munzira. Niyihe mpambu hari iki cyapa cyo “guhagarara” hano?
17. Umuyobozi usunika ipikipiki agomba gufatwa nka:
18. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gukora ahuye n’amatungo mu muhanda
19. Iki cyapa gisobanur iki mu nkomane
20. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mugihe ahuye n’ikinyabiziga cyakije itara ry’umuhondo rimyasa?