1. Iki cyapa gisobanur iki mu nkomane
2. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mugie abonye icyapa kiburira cya mpande eshatu gitukura mu muhanda?
3. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gukora ahuye n’amatungo mu muhanda
4. Icyapa kimenyesha kugendera mumuhanda ubisikanirwamo gifite:
6. Iki cyapa gisobanura iki?
8. Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri n’ikinyabiziga gikururwa n’inyamaswa ntibishobora gukurura:
9. Umuyobozi usunika ipikipiki agomba gufatwa nka:
10. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora abonye otobisi irikuba aho zagenewe guhagarwamo?
11. Umuyobozi w’ikinyabiziga yegereye aho umwana w’umuhungu utwaye akagare k’abana asezera ku nshuti ye. N’iyihe myifatire myiza wagira imbere yabo?
12. Igice kinzira nyabagendwa gikikijwe n’imirongo ibiri y’umweru iciyemo uduce kandi iteganye:
13. Muri iri sangano ry’umuhanda hari icyapa gisobanura “guhagarara” n’umurongo wera urombereje munzira. Niyihe mpambu hari iki cyapa cyo “guhagarara” hano?
14. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mugihe ahuye n’ikinyabiziga cyakije itara ry’umuhondo rimyasa?
15. Mubyapa bikurikira , ni ikihe cyerekana umuhanda ukagomeza:
16. Icyapa cyerekana ko bibujijwe kuvuza amahoni kirangwa na :
17. Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda ubisikanirwamo gifite:
18. Iyo umuhanda ugabanijemo ibisate bibiri kangi ugendwamo mu byerekezo byombi umuyobozi abujijwe:
19. Iki cyapa gisobanura iki?
20. N’iyihe myifatire myiza wagira ugeze aho abana bari hafi y’inzira nyabagendwa?