1. Icyapa cyerekana ko bibujijwe kuvuza amahoni kirangwa na :
2. Iki cyapa gisobanur iki mu nkomane
3. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora abonye otobisi irikuba aho zagenewe guhagarwamo?
4. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mugie abonye icyapa kiburira cya mpande eshatu gitukura mu muhanda?
5. Igice kinzira nyabagendwa gikikijwe n’imirongo ibiri y’umweru iciyemo uduce kandi iteganye:
6. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mugihe ahuye n’ikinyabiziga cyakije itara ry’umuhondo rimyasa?
7. Iki cyapa gisobanura iki?
8. Umuyobozi w’ikinyabiziga yegereye aho umwana w’umuhungu utwaye akagare k’abana asezera ku nshuti ye. N’iyihe myifatire myiza wagira imbere yabo?
10. Icyapa kimenyesha kugendera mu muhanda ubisikanirwamo gifite:
11. Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri n’ikinyabiziga gikururwa n’inyamaswa ntibishobora gukurura:
12. Iyo umuhanda ugabanijemo ibisate bibiri kangi ugendwamo mu byerekezo byombi umuyobozi abujijwe:
13. N’iyihe myifatire myiza wagira ugeze aho abana bari hafi y’inzira nyabagendwa?
14. Icyapa kimenyesha kugendera mumuhanda ubisikanirwamo gifite:
16. Umuyobozi usunika ipikipiki agomba gufatwa nka:
17. Iki cyapa gisobanura iki?
18. Mubyapa bikurikira , ni ikihe cyerekana umuhanda ukagomeza:
19. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga agomba gukora ahuye n’amatungo mu muhanda
20. Muri iri sangano ry’umuhanda hari icyapa gisobanura “guhagarara” n’umurongo wera urombereje munzira. Niyihe mpambu hari iki cyapa cyo “guhagarara” hano?