1. Ni kihe cyerekezo umuyobozi w’ikinyabiziga yinjiriramo iyo ageze aho banyura bazenguruka?
2. Niryari amatara ndanga cyerekezo agomba kugaragazwa kubandi bakoresha umuhanda?
3. 2. Ese ijambo “Igare” bivuga iki?
4. Iyo ikinyabiziga kikoreye ibintu bidashoboka kugabanywa icyogihe imizigo ntishobora kurenza ibipimo bikurikira?
5. Amagambo “ATTANTION CONVOI” yanditse kucyapa cy’umuhondo mu nyuguti zitukura zishyirwaho ku kinyabiziga cya mbere mu biherekeranije mu butumwa agomba gusomeka neza ku munywa mu ntera ya:
6. Niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora igihe agize uruhare mu mpanuja yo mu muhanda, aho ntawakomeretse ariko ibinyabiziga bikaba byateza icyago cyangwa byafunze umuhanda?
7. Umurongo w’umweru urombereje uciye hagati mu muhanda uvuze iki?
8. Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga agendera munzira y’icyerekezo kimwe akifuza gukata ibumoso yakora iki?
9. Imyanya y’aho ibinyabiziga bibujijwe cg bitegekwa kunyura mu cyerekezo runaka bishobora kugaragazwa n’iki?
10. Aha niki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora mugihe ashaka kujya iburyo?
11. Ikinyabiziga ntifishobora kugira amatara arenze abir y’ubwoko bumwe keretse kubyerekeye amatara akurikira:
12. Umuyobozi w’ikinyabiziga yakora iki igihe ageze aho banyra bazenguruka?
13. Igihe umuhobozi wikinyabiziga atwaye mu mulhanda urombereje w’ibice byinshi agomba kugendera mu kihe gice cy’umuhanda?
14. Ahatari mu nsisiro umuvuduko ntarengwa wa velomoteri mu isha ni:
15. Amatara y’urugendo ategetswe ku bihe binyabiziga?
16. Birabujijwe kongera ku mpande z’ikinyabiziga kigendeshwa na moteri cyangwa velomoteri ibi bikurikira:
17. Kuki ugomba gucana amatara mugihe hatangiye kwijima?
18. 1. Igice kinzira nyabagendwa gikikijwe n’imirongo ibiri y’umweru iciyemo uduce kandi iteganye:
19. Ubugari ntarengwa bw’ipikipiki ifite utunyabiziga ku ruhande ni m zingahe?
20. Iki cyapa gisobanura iki?
josephsibomana44@gmail.com